BA 'MEYA' BARIYE INDIMI KU KIBAZO CY'IMIRIRE MIBI!
Kigali Today Kigali Today
929K subscribers
237,560 views
943

 Published On Feb 27, 2018

Perezida Paul Kagame yatangije umwiherero abaza abayobozi b’uturere impamvu bamaze imyaka 15 bagaruka ku bibazo bimwe birimo imirire mibi, isuku nke ariko ntacyo babikoraho. Mu bafashe ijambo bose nta n’umwe washoboye kugira igisubizo gifatika agitangaho, ariko bose bemeye ko ari amakosa yo kudakurikirana, baniyemeza kubihagurukira.

Camera & Editing: Richard Kwizera

show more

Share/Embed