Published On Feb 27, 2018
Perezida Paul Kagame yatangije umwiherero abaza abayobozi b’uturere impamvu bamaze imyaka 15 bagaruka ku bibazo bimwe birimo imirire mibi, isuku nke ariko ntacyo babikoraho. Mu bafashe ijambo bose nta n’umwe washoboye kugira igisubizo gifatika agitangaho, ariko bose bemeye ko ari amakosa yo kudakurikirana, baniyemeza kubihagurukira.
Camera & Editing: Richard Kwizera
show more