Published On Sep 16, 2024
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko amadini, politiki n’umuco byuzuzanya mu iterambere ry’Abaturage ariko bigashobora guteza ikibazo ubikoresheje nabi. Yabigarutseho tariki ya 15 Nzeri 2024, mu masengesho yo gushimira Imana ibyo yakoreye i Igihugu mu myaka 30 ishize yiswe ‘Thanksgiving Prayer Breakfast’.
show more