Twaragaraguwe bihagije | Abahanuzi bajyana abantu mu buvumo - Incamake y'Ijambo rya Perezida Kagame
Kigali Today Kigali Today
929K subscribers
8,532 views
66

 Published On Sep 16, 2024

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yavuze ko amadini, politiki n’umuco byuzuzanya mu iterambere ry’Abaturage ariko bigashobora guteza ikibazo ubikoresheje nabi. Yabigarutseho tariki ya 15 Nzeri 2024, mu masengesho yo gushimira Imana ibyo yakoreye i Igihugu mu myaka 30 ishize yiswe ‘Thanksgiving Prayer Breakfast’.

show more

Share/Embed