Published On Sep 9, 2024
Bamwe mu basigajwe inyuma n'amateka batujwe mu mudugudu wa Bukamba mu kagari ka Ngondore umurenge wa Byumba w'akarere ka Gicumbi bavuga ko kuba hari abarangiza kwiga ntibahabwe akazi, bica intege barumuna babo nabo bagata ishuri. Ubuyobozi bwo bugaragaza ko imbogamizi igihari ari uko bacyumva ko ibintu byose Leta yajya ibibazanira aho bari badahagurutse ngo bajye kubishaka. Kwigisha birakomeje.
By INEZA Leontine.
show more